Uyu mukobwa werekanye ko ashobobora no gukora muzika ya Live ubwo yageraga ku rubyiniro benshi batunguwe n’ukuntu yari yambaye cyane ko yasaga nuwambaye agakabutura k’imbere gusa ndetse nakandi kenda gasa nagatobaguye ku buryo ntacyo kakingaga ku gice kinini cy’umubiri we, Marina ubusanzwe uziho kubyina bikomeye iyi myambarire ye ntiyigeze imubangamira cyane ko nubundi yabyinaga ntacyo yitayeho. Iki gitaramo cyaririmbyemo abandi bahanzi bakomeye nka Khalfan, Mukadaf, Uncle Austin, Riderman, Safi Madiba na Harmonize.









Marina ni uku yari yambaye...
REBA UKO BURI MUHANZI YITWAYE KU RUBYINIRO:
MUKADAFF MU GITARAMO CYA THE MANE I KIGALI
HARMONIZE MU GITARAMO CYA THE MANE I KIGALI
UNCLE AUSTIN MU GITARAMO CYA THE MANE I KIGALI
MARINA MU GITARAMO CYA THE MANE I KIGALI
SAFI MADIBA MU GITARAMO CYA THE MANE I KIGALI
