Marina wari wambaye hafi ubusa yatunguye benshi mu gitaramo cya The Mane, reba uko buri muhanzi yitwaye-VIDEO

Imyidagaduro - 25/03/2018 10:44 AM
Share:

Umwanditsi:

Marina wari wambaye hafi ubusa yatunguye benshi mu gitaramo cya The Mane, reba uko buri muhanzi yitwaye-VIDEO

Ku wa Gatandatu tariki 24 Werurwe 2018 mu mujyi wa Kigali nibwo habaye igitaramo cyo kumurika ku mugaragaro inzu ifasha abahanzi ya The Mane, iki gitaramo cyabereye muri Camp Kigali kitabiriwe n’umubare uteri munini cyane w’abakunzi ba muzika, muri iki gitaramo umuhanzikazi Marina yatunguranye ajya kurubyiniro yiyambariye hafi ubusa.

Uyu mukobwa werekanye ko ashobobora no gukora muzika ya Live ubwo yageraga ku rubyiniro benshi batunguwe n’ukuntu yari yambaye cyane ko yasaga nuwambaye agakabutura k’imbere gusa ndetse nakandi kenda gasa nagatobaguye ku buryo ntacyo kakingaga ku gice kinini cy’umubiri we, Marina ubusanzwe uziho kubyina bikomeye iyi myambarire ye ntiyigeze imubangamira cyane ko nubundi yabyinaga ntacyo yitayeho. Iki gitaramo cyaririmbyemo abandi bahanzi bakomeye nka Khalfan, Mukadaf, Uncle Austin, Riderman, Safi Madiba na Harmonize.

Marina Marina Marina Marina Marina Marina Marina Marina Marina Marina Marina ni uku yari yambaye...

REBA UKO BURI MUHANZI YITWAYE KU RUBYINIRO:

MUKADAFF MU GITARAMO CYA THE MANE I KIGALI


HARMONIZE MU GITARAMO CYA THE MANE I KIGALI


UNCLE AUSTIN MU GITARAMO CYA THE MANE I KIGALI


MARINA MU GITARAMO CYA THE MANE I KIGALI


SAFI MADIBA MU GITARAMO CYA THE MANE I KIGALI




Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...