Love Drunk Party: Igitaramo kirarimbanije, abantu bari kwiyongera naho abahanzi bose bamaze kuhagera-AMAFOTO

Imyidagaduro - 19/03/2022 10:06 PM
Share:
Love Drunk Party: Igitaramo kirarimbanije, abantu bari kwiyongera naho abahanzi bose bamaze kuhagera-AMAFOTO

Abahanzi b’abanyarwanda batandukanye bateganijwe gususurutsa abitabiriye igitaramo cya Love Drunk Party bamaze kugera ahagiye kubera iki gitaramo.

Igitaramo cya Love Drunk Party kirarimbanije abahanzi bamaze kuhagera ndetse urubyiniro rukomeje gususurutswa n'aba Dj banyuranye.

Abahanzi bamaze kuhagera barimo Gabiro Guitara wanahageze mbere y’abandi bose na Ish Kevin wanabaye imbarutso yo gutegurwa ku igitaramo.

Mu bandi bahageze harimo Bushali, B-Threy, Kivumbi, Kenny K Shot n’umukobwa uherutse gukorana indirimbo na Yvan Buravan, ariwe France.

Hari kandi n’abandi bahanzi banyuranye bakizamuka ari nabo bakomeje gususurutsa urubyiniro bafatanije n'aba Dj banyuranye.

Gabiro Guitar ubarizwa muri Evolve Music Group iri muri Label zateguye Love Drunk Party 

Bushali umwe mu ba baraperi bakunzwe cyane 

B-Threy uri mu batangije kinyatrap mu Rwanda

Umuhanzikazi France utanga icyizere mu muziki uheruka no gukorana na Yvan Buravan

Benshi babucyereye 

Abakobwa b'uburanga bacyereye igitaramo Love Drunk Party

Abantu bakomeje kuza ahabereye igitaramo kuri Hotel Villa Portifino iri mu zikomeye 

Abasore n'inkumi zacyereye igitaramo cya Love Drunk Party

Ibyishimo ni byose ku bitabiriye Love Drunk Party


Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...