Nyuma y’uko amatorero yose y’abanyarwanda arangiza guhatana hahise hakurikiraho abari guhatana baturutse mubindi bihugu .Ubu hakaba hamaze kubyina abaturutse i Burundi ndetse no mugihugu cy’abaturanyi cya Uganda.
Aba ni ababyinnyi b'itorero ryaturutse Uganda .
Nyuma yaho haraza gukurikiraho abahanzi baririmba kugiti cyabo dore ko nabo babukereye ubundi hatangazwe amanota.
Aba basore baturutse i Nyamasheke nabo bari mubahatariga umwanya w'ababyina injyana zigezweho.
Twababwira ko mu mwanya muto haza gutangazwa amanota kubatsinze mu ntara y’Uburengerazuba.
Seleman