#Kwibuka27: Producer Trackslayer yagaragaje ibyafasha abanyarwanda gukomeza kuba mu Rwanda ruzira agahinda

Imyidagaduro - 13/04/2021 10:40 AM
Share:

Umwanditsi:

#Kwibuka27: Producer Trackslayer yagaragaje ibyafasha abanyarwanda gukomeza kuba mu Rwanda ruzira agahinda

Mu kiganiro Nshuti Peter (Trackslayer) yagiranye na InyaRwanda.com yageneye urubyiruko rw'igihigu ubutumwa muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 27 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu butumwa bwe, yasabye abanyarwanda kurandura ingengabitekerezo ya Jenoside kuko bizabafasha kuba mu Rwanda ruzira agahinda.

Yagize ati: "Ubutumwa nagenera abanyarwanda by'umwihariko urubyiruko ni ukwibuka twiyubaka duharanira kurandura burundu ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 kuko ari byo bizatuma twubaka u Rwanda twifuza. Ikindi ni uko gukora cyane, kwitanga no kwiga amateka yaranze u Rwanda ari bimwe mu bizatuma dukomeza gutera imbere no kuba mu Rwanda ruzira agahinda".


Trackslayer yasabye abanyarwanda kurandura ingengabitekerezo ya Jenoside


Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...