Tonny yatunguwe n’inshuti ze ku isabukuru ye, yicara hasi ararira ahava bamuteruye-AMAFOTO

Imyidagaduro - 19/07/2016 11:49 AM
Share:

Umwanditsi:

Tonny yatunguwe n’inshuti ze ku isabukuru ye, yicara hasi ararira ahava bamuteruye-AMAFOTO

Umuhanzikazi Tonny wamamaye mu ndirimbo 'Sawasawa' kuri iki cyumweru tariki 17 Nyakanga 2016 yatunguwe n’inshuti ze, ku munsi we w’amavuko. Ubwo yahingukaga aho bamutegeye ngo bamutungure Tonny yakubise amaso inshuti ze ziteguye kumutungura yicara hasi ararira ahava bamuteruye.

Bamwe mu nshuti ze bagaragaye kuri uyu munsi w’amavuko ye, hari umuhanzikazi Fearless, Mc Tino ubarizwa mu itsinda rya TBB, Junior Multisystem ndetse n’abandi benshi  bari batumiwe ngo baze kwifatanya n’uyu muhanzikazi muri ibi birori.

Tonny ni umuhanzikazi wamenyekanye mu ndirimbo “Sawasawa, Tukabyine, Vuba n’izindi nyinshi by’umwihariko na “Nyegera” indirimbo nshya uyu muhanzikazi aherutse gushyira hanze.

REBA HANO AMAFOTO:

TonnyInshuti magara za Tonny zimurindiriye ngo zimutungure

TonnyJunior Multisystem niwe wacanye buji

TonnyAkibona ibimubayeho Tonny yicaye hasi ararira

TonnyTonny guhaguruka byaranze biba ngombwa ko bamuhagurutsa bamuteruye

Tonny

Nubwo yahaguritse Tonny amarira yari akiri yose

TonnyTonny yakatanye umutsima n'inshuti ze

REBA HANO 'SAWASAWA' YA TONNY


Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...