Kitoko umaze iminsi mu Rwanda mu ruzinduko yagize ibanga yasohoye amashusho y'indirimbo nshya 'Kamikazi'

Imyidagaduro - 23/02/2018 1:08 PM
Share:
Kitoko umaze iminsi mu Rwanda mu ruzinduko yagize ibanga yasohoye amashusho y'indirimbo nshya 'Kamikazi'

Kitoko Bibarwa umaze iminsi mu Rwanda mu ruzinduko atifuje gutangaza cyane mu itangazamakuru dore ko yaje i Kigali mu buryo bw'ibanga, kuri ubu yamaze gushyira hanze amashusho y'indirimbo nshya yise 'Kamikazi'.

Mu ntangiriro za Mutarama 2018 ni bwo Inyarwanda yamenye ko Kitoko ari mu Rwanda, gusa akaba yari yarahageze mbere yaho gato mu ruzinduko yagize ibanga ku mpamvu atatangaje, gusa amakuru yavugwaga ni uko yaje kwifatanya n'umuryango we mu kwizihiza iminsi mikuru. Kuri ubu Kitoko yamaze gushyira hanze amashusho y'indirimbo ye nshya 'Kamikazi' yafatiwe mu Rwanda. 

REBA HANO AMASHUSHO Y'INDIRIMBO 'KAMIKAZI' YA KITOKO


Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...