Mu ntangiriro za Mutarama 2018 ni bwo Inyarwanda yamenye ko Kitoko ari mu Rwanda, gusa akaba yari yarahageze mbere yaho gato mu ruzinduko yagize ibanga ku mpamvu atatangaje, gusa amakuru yavugwaga ni uko yaje kwifatanya n'umuryango we mu kwizihiza iminsi mikuru. Kuri ubu Kitoko yamaze gushyira hanze amashusho y'indirimbo ye nshya 'Kamikazi' yafatiwe mu Rwanda.
REBA HANO AMASHUSHO Y'INDIRIMBO 'KAMIKAZI' YA KITOKO