Dr Karen Weatherby umushakashatsi ukomoka mu Budage, yatangaje ko amabere y'abagore afite akamaro kanini ku bagabo kuko abafasha
kubaho igihe kirekire igihe bayitegereje kenshi.
Igeragezwa ryakozwe mu myaka itanu ku bagabo 500,
kimwe cya kabiri cyabo batangaje ko nibura iminota 10 bitegereza amabere
y'abagore babo buri munsi bapimwe, basanga ubuzima bwabo buhagaze neza, kurusha
bagenzi babo bagaragaje ko batabyitaho.
Ibi byatumye hemezwa ko abagabo bitegereza amabere
y'igitsina gore kenshi bafite amahirwe yo
kudahura n'indwara z'imitima, umuvuduko w'amaraso, ndetse kubaho bishimye
batarwaragurika bikabatera kurama.
Ubu bushakashatsi bwemeza ko umugabo ukunda kureba
amabere y'umugore cyangwa akayaryamamo, bimuruhura ubwonko, akabasha gukira
n'umunaniro ukabije cyandwa indwara y'umujagararo " Stress".
Bamwe mu bagabo bonka amabere y'abagore cyane cyane
igihe bakora imibonano mpuzabitsina bikabashimisha, cyangwa bamwe bakayakoraho
igihe kinini bikabatera ubushake bwinshi
Abagabo benshi barangarira abakobwa cyangwa abagore
bambaye imyenda igaragaza amabere yabo, bamwe bakajya kure mu ntekerezo.
Ntitwakwirengagiza ko uwarangariye amabere ashobora
no gutekereza imibonano mpuzabitsina kuko bisanzwe muri kamere ya muntu, niyo
mpamvu hakwiye kubaho kwitonda no kwimenyereza kugenzura intekerezo wagira
Nubwo bemeza ko abagabo bareba amabere y'abagore
baramba, batanga inama bavuga ko byaba
byiza umuntu yitegereje amabere y'umugore we kugirango hirindwe guca inyuma
kw'abashakanye cyangwa kubonana n'umuntu utari uwa nyawe.
Amabere y'abagore atuma abagabo biyongera imyaka yo kubaho

Source:Vanguard