N'ubwo icyaba cyateye iyi nkongi kitaramenyekana kuko hakiri gushakishwa uko uwo muriro wazimywa, birakekwa ko yaturutse ku bantu bashobora kuba bari bagiye guhigamo ubuki.
Inzego z'ubuyobozi, iz'umutekano n'abaturage bari gushaka uburyo bazimya uyu muriro n'ubwo ugaragaza ubukana.
Turacyabakurikiranira iyi nkuru
Umwanditsi: Jean Claude Bazatsinda
