ESE NI IBIHE BIBAZO UDASHOBORA KUBAZA UMUKUNZI WAWE
1. Ese kubera iki wowe .... ?
Hari ubwo ushobora gusanga umukunzi wawe ukamubaza ngo 'Kubera iki wowe ..'., warangiza ukongeraho ibindi bintu bitandukanye ugamije kumugereranya n'abandi bantu kandi atari ngombwa.Ibibazo bimeze nko kumugereranya.
2.Ese ndi mwiza ?
Byashoboka ko ubona utari mwiza ariko singombwa ko ubimubaza.Wowe ukwiriye kwigirira icyizere.
3. Ese ndabyibushye ?
Mu gihe utifuza ko umugabo wawe agufata nabi cyangwa ngo aguhage, ntabwo ukwiriye kumubaza ibibazo bimwe na bimwe by'umwihariko nk'iki cyo kumubaza nko 'Urabyibushye'.
4.Ese uterwa n'ibiki ?
Uwo ni umukunzi wawe, amakosa yose yakora ntabwo ukwiriye kumubwira ngo 'Uterwa ni iki".Aha uba ushatse kugaragaza ko uko yitwara hari izindi mbaraga zibyihishe inyuma.
Isoko: Yourtango