Sergion Guest House ni inzu irimo amacumbi ku bantu bashaka kuhacumbika ahateguye ibyumba byiza aho woga ukanakoresha toilette utavuye mu nzu arinako urara ku bitanda bigezweho na matela zujuje ubuziranenge atari bya bindi usanga umuntu arara mu icumbi bugacya yarwaye umugongo cyangwa yabyuka bikanga kuko yaraye akumbagurika ku buriri buteguye nabi. Muri sergion Guest House umushyitsi ahitamo amazi yo koga yaba akonje cyangwa ashyushye.
Ahaherereye aya macumbi
Muri Sergion Guest House batanga ifunguro rya mu gitondo ku mukiriya wese ubyifuza akarusho kuri byose ni uko iyo waharaye urara wirebera amashene agezweho ya canal+ arimo imipira yo kumugabane w’iburayi na filmes zigezweho mu gihe uba uri kwiruhukira dore ko babafitiye za televiziyo za rutura wakurikiraniraho aya mashene.
Iyi niyo nyubako irimo aya macumbi
Iyi Guest House igezweho mu mujyi wa Kigali iherereye i Remera mu Giporoso utari warenga cyane ku ishami rya Mtn yaho iruhande neza rwa Nutrition Pub akabari kazwi muri aka gace. Kuri buri wese ukeneye kuhagenderera yabaza ibindi bisobanuro kuri izi numero za telephone 0788695360&0789166778 cyangwa 0785572132. Ushobora kandi kubandikira ukoresheje e mail kuri; nserge34@gmail.com.