Sosiyete
ya CANAL+ ikorera mu Rwanda ikomeje guha abafatabuguzi bayo ibyishimo binyuze
mu biganiro n’imikino itandukanye bibafasha gukomeza gukurikira iby’ingenzi ku
isi mu buryo bworoshye kandi bwiza.
Imikino
nka Champions League, Premier League, La Liga, Ligue A ndetse n’indi mikino
myinshi yose iri kunyura kuri Canal+ mu rwego rwo kurushaho kunezeza abakiriya
b’iyi sosiyete.
Si
siporo gusa kuko CANAL+ inateganya gutanga ibiganiro by’imyidagaduro birimo
ibiganiro byihariye by’abahanzi, filime zigezweho ndetse na gahunda z’ubuzima
bw’ab’ibyamamare, byose bigamije guha abafatabuguzi bayo ubunararibonye bwihariye
mu kureba televiziyo.
Binyuze
muri ubu bukangurambaga buri gukoreshwa no mu rurimi rw’Igifaransa nka ‘BIEN
QUE DU SPORT’, guhera ku wa 1 kugeza 30 Nzeri 2026, abakiliya ba CANAL+ Rwanda
bashyiriweho poromosiyo yo kureba amashene yisumumbuyeho mu gihe baguze
ifatabuguzi nk’iryo baheruka kugura.
Kuva
mu Ukwakira 2026, CANAL+ izatangira gutambutsa filimi y’uruhererekane yiswe
‘Ibishoboka Byose’ yakozwe na Niyitegeka Gratien ‘Papa Sava’, n’indi yitwa ‘The
Thread’ irimo abakinnyi bakomeye nka Willy Ndahiro, kuri ZACU TV.
Kuva
tariki ya 12 Nzeri, kuri NOVELAS TV hazatangira kunyuraho filimi yitwa
‘Liaisons Interdites’, kuva ku ya 14 Nzeri hatangire iyitwa ‘Apollo has
Fallen’.
Mu rwego rwo gukomeza kwegera abakiriya no kubaha serivisi nziza, CANAL+ ikomeje gushyiraho gahunda zitandukanye zibafasha kubona serivisi zayo ku giciro kiboroheye ndetse no mu buryo buborohera kuzigeraho aho bari hose kuko ku mukiriya mushya ibikoresho b
Binyuze mu bukangurambaga bwa BIEN QUE DU SPORT’, guhera ku wa 1 kugeza 30 Nzeri 2026, abakiliya ba CANAL+ Rwanda bashyiriweho poromosiyo yo kureba amashene yisumumbuyeho mu gihe baguze ifatabuguzi nk’iryo baheruka kugura.
