Abanyarwanda batuye muri Indiana bizihije Ubunani mu byishimo byihariye bashimira Perezida Kagame - AMAFOTO

Amakuru ku Rwanda - 07/01/2026 10:17 AM
Share:

Umwanditsi:

Abanyarwanda batuye muri Indiana bizihije Ubunani mu byishimo byihariye bashimira Perezida Kagame - AMAFOTO

Bamwe mu Banyarwanda batuye muri Indiana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika barashima ibyo u Rwanda rumaze kugeraho ndetse bagashimira ubuyobozi burangajwe imbere na Perezida Kagame rubifitemo uruhare.

Mu bihugu bitandukanye bigize Isi, hari aho Abanyarwanda bagiye bihuza bagakora ibirori mu rwego rwo gutangira neza umwaka mushya wa 2026. Ibi ni na ko byagenze ku Banyarwanda baba muri Indiana, imwe muri Leta zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho babikoze mu rwego rwo kwishimira ibyagezweho no gutangira neza uyu mwaka mushya muri rusange.

Aba banyarwanda bumviye hamwe ijambo rya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, risoza umwaka wa 2025. Barashimira ibyo u Rwanda rumaze kugeraho ndetse bagashima n’ubuyobozi bubigiramo uruhare burangajwe imbere na Perezida Kagame. Muri Indiana habayo Abanyarwanda barimo abagiye mu bikorwa by’uburucuzi no kwigayo amasomo ya Kaminuza.


Bamwe mu Banyarwanda baba muri Indiana bihuje bizihiza iminsi mikuru banishimira ibyagezweho

Aba banyarwanda bashima ibyo u Rwanda rumaze kugeraho

Muri aba banyarwanda harimo Rutsobe washinze 'One Nation Radio'




Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...