Mu kinyejana cya 21, Cristiano
Ronaldo ni we uyoboye urutonde, akurikirwa na Lionel Messi. Aba bakinnyi bombi
bamaze imyaka myinshi batanga umusaruro udasanzwe imbere y’izamu.
Nk’uko tubikesha
GiveMeSport, twabateguriye urutonde rugaragaza umukinnyi n’umubare wa hat-trick
afite mu kinyejana cya 21:
1. Cristiano
Ronaldo – 66
2. Lionel
Messi – 61
3. Ali
Ashfaq – 35
4. Robert
Lewandowski – 34
5. Harry
Kane – 31
6. Luis
Suárez – 31
7. Erling
Haaland – 28
8. Ali
Mabkhout – 27
9. Vyacheslav
Zahovaiko – 26
10.Kylian
Mbappé – 25
11.Marc
Lloyd Williams – 24
12.Abderrazak
Hamdallah – 23
13.Neymar
– 22
14.Aleksandar
Đurić – 22
15.Sebastián
Tagliabúe – 21
16.Firas
Al-Khatib – 20
17.Greg
Draper – 20
18.Zlatan
Ibrahimović – 20
19.Sergio
Agüero – 18
20.Klaas-Jan
Huntelaar – 18
21.Mario
Gómez – 18
Cristiano Ronaldo ari ku
mwanya wa mbere n’itandukaniro ryiza, kuko afite hat-trick 66, mu gihe mukeba
we ukomeye Lionel Messi afite 61.
Ku rundi ruhande, Erling
Haaland, nubwo akiri muto ugereranyije n’abakinnyi benshi bari kuri uru
rutonde, amaze kugira 28, ibintu bigaragaza ko ashobora kuzamuka cyane muri uru
rutonde mu myaka iri imbere.
Muri rusange, uru rutonde rugaragaza ubuhanga bw’abatsinda ibitego, ariko nanone rugomba kurebwa mu rwego rw’amarushanwa n’amakipe abo bakinnyi bakiniye, kuko bamwe bakinira cyangwa bakiniye shampiyona zitandukanye kandi zifite urwego rutandukanye.

