Iki
gitaramo cyateguwe na Fill The Gap Ltd. Cyitiriwe Album “NIWE” ya Richard Nick Ngendahayo yagize
uruhare rukomeye ku mitima y’abantu mu gihe kirekire.
Mu
butumwa bw’amashusho, Richard Nick Ngendahayo yemeje ko agiye gutaramira i Kigali,
ati: “Ndanezerewe cyane kugaruka iwacu kugira ngo dutaramane, kandi
tubone gukira binyuze mu muziki no mu maboko y’Imana. Ndabakumbuye cyane!
Ntimuzacikwe."

