RFL
Kigali

Exclusive: Muvandimwe JMV yavuze ku biganiro yagiranye na Rayon Sports anakomoza ku byavuzwe ko agiye kwirukanwa muri Police FC - VIDEO

Yanditswe na: SAFARI Garcon
Taliki:3/10/2020 19:33
0


Myugariro ukina ku ruhande rw'ibumoso muri Police FC no mu ikipe y'igihugu Amavubi, Muvandimwe JMV, yatangaje ko ibiganiro yagiranye na Rayon Sports hari byinshi bihishe, anatangaza icyo ubuyobozi bwa Police FC bwamubwiye nyuma y'amakuru yo kumwirukana asakaye hose.



Nyuma y'uko mu minsi ishize byavuzwe ko ubuyobozi bwa Police FC hari abakinnyi bugiye gusezerera, muri bo hakaba harimo na myugariro Muvandimwe JMV, yagize byinshi abivugaho mu kiganiro cyihariye yagiranye na InyaRwanda, anakomoza kuri zimwe mu ngingo ziri mu masezerano ye muri Police FC.

KANDA HANO UKURIKIRE IKIGANIRO NA MUVANDIMWE JMV WA POLICE FC

Uyu mukinnyi wagiranye ibiganiro na Rayon Sports yadutangarije icyavuyemo n'amahirwe yo gukinira iyi kipe, yemeza ko ariyo ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda. Muvandimwe kandi yanatangaje igihe azakorera ubukwe, nyuma y'uko abakinnyi benshi bashyingiwe muri iki gihe cya Coronavirus.

Muvandimwe JMV yemeza ko isaha n'isaha ashobora kwerekeza muri Rayon Sports





TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND