Racine yasobanuye ibyo bamwe bise ibishegu yaririmbye mu ndirimbo “Waki Waki "-VIDEO

Imyidagaduro - 14/09/2020 11:16 AM
Share:

Umwanditsi:

Racine yasobanuye ibyo bamwe bise ibishegu yaririmbye mu ndirimbo “Waki Waki "-VIDEO

Muri ibi bihe bamwe mu bahanzi bari kuririmba ibintu bamwe batabasha kwiyumvisha. Barazimiza ku buryo kumva neza ubusobanuro bwihuse biba ingorabahazi ariko iyo witegereje neza usanga ari ibishegu. Umuraperi Racice we yasobanuye ibyo yaririmbe mu ndirimbo ya Ish Kevin yitwa “Waki waki " yanyuze benshi n'ubwo abandi bakibyibazaho.

Mu kiganiro na INYARWANDA, Kamatari Thierry (Racine) umwe mu baraperi bakunzwe cyane mu rusisiro, yemeje ko umuhanzi ari we pfundo ry’ubusobanuro bw’ibyo aba yaririmbye. Yavuze ko umuntu ashobora gusobanura indirimbo y’umuntu uko itari kandi nyamara yakabanje akumva icyo nyirayo yashakaga kuvuga.


Racine ntiyiyumva neza ubusobanuro abantu batanga mu gitero cye. Akaba asaba kumva neza ibyo yavugaga, gusa mu busobanuro yatanze bamwe banyuzwe, abandi basigara bavuga ko bakemanga ubusobanuro bwa Racine mu kiganiro na INYARWANDA.

KANDA HANO WUMVE UBUSOBANURO BW'IBISHEGU YARIRIMBYE


KANDA HANO WUMVE INDIRIMBO WAKI WAKI YA ISH KEVIN

">

 


Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...