RFL
Kigali

Racine yasobanuye ibyo bamwe bise ibishegu yaririmbye mu ndirimbo “Waki Waki”-VIDEO

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:14/09/2020 11:16
1


Muri ibi bihe bamwe mu bahanzi bari kuririmba ibintu bamwe batabasha kwiyumvisha. Barazimiza ku buryo kumva neza ubusobanuro bwihuse biba ingorabahazi ariko iyo witegereje neza usanga ari ibishegu. Umuraperi Racice we yasobanuye ibyo yaririmbe mu ndirimbo ya Ish Kevin yitwa “Waki waki” yanyuze benshi n'ubwo abandi bakibyibazaho.



Mu kiganiro na INYARWANDA, Kamatari Thierry (Racine) umwe mu baraperi bakunzwe cyane mu rusisiro, yemeje ko umuhanzi ari we pfundo ry’ubusobanuro bw’ibyo aba yaririmbye. Yavuze ko umuntu ashobora gusobanura indirimbo y’umuntu uko itari kandi nyamara yakabanje akumva icyo nyirayo yashakaga kuvuga.


Racine ntiyiyumva neza ubusobanuro abantu batanga mu gitero cye. Akaba asaba kumva neza ibyo yavugaga, gusa mu busobanuro yatanze bamwe banyuzwe, abandi basigara bavuga ko bakemanga ubusobanuro bwa Racine mu kiganiro na INYARWANDA.

KANDA HANO WUMVE UBUSOBANURO BW'IBISHEGU YARIRIMBYE


KANDA HANO WUMVE INDIRIMBO WAKI WAKI YA ISH KEVIN

">

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • BAZIMYA DANIEL10 months ago
    KUBWANGE NARI NARIHEBYE ARIKO NUMVISHE INDIRIMBO ZARACIN ZIRAMUMPURIZ DORE NML 0790045889 NKUFITIYE UBUTUMWA





Inyarwanda BACKGROUND