Mu kiganiro Papy yagiranye na InyaRwanda Tv, yagaragaje itandukaniro ry’umupira w’amaguru mu Rwanda no muri Tanzania, anavuga igikenewe kugira ngo ruhago nyarwanda ive ku rwego iriho igere ku rundi rwego rushimishije. Papy kandi yanavuze ko mu gihe Itangazamakuru mu Rwanda risa nk'aho ari ryo rigena abakinnyi bahamagarwa mu ikipe y’igihugu, umusaruro mwiza utazagerwaho.

Papy akunda kwitabazwa cyane mu ikipe y'igihugu
Kurikira byinshi ku kiganiro twagiranye na Papy Sibomana: