RFL
Kigali

Facebook yirukanye umukozi wigaragambirije ku kudakora ku nyandiko za Trump

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:13/06/2020 15:06
0


Facebook yirukanye umukozi wari wanenze icyemezo cy’umuyobozi mukuru Mark Zuckerberg cyo kutagira icyo akora ku nyandiko yanditswe na Perezida w’Amerika, Donald Trump mu ntangiriro zuku kwezi.



Kuri uyu wa gatanu, Brandon Dail, injeniyeri ukoresha interineti muri Seattle, yatangaje ku rubuga rwe rwa twitter ko yirukanwe kubera ko yatutse ku mugaragaro mugenzi we wari wanze gushyiraho itangazo ryo gushyigikira umuryango w’ibikorwa bya Black Lives Matter ku nyandiko zabateza imbere.

Dail yaranditse ati: "Simvuze ko nahagaritswe mu buryo butemewe n'amategeko. Nari nararambiwe Facebook n’ibikorwa bibi ikora, ndetse no guceceka kwayo ku byakabaye byandikwa

Mu nyandiko za Trump zatumye abakozi bataka cyane harimo interuro yashinjaga amoko mu myigaragambyo yo kurwanya ivanguramoko n'ubugome bwakorerwaga abirabura , Facebook rero yahisemo gusiga inyandiko idakozweho ari naho uyu mukozi yahereye yigaragambya avuga ko bari bakwiye kugira icyo bavuga kuri zi nyandiko za Trump

Src: News Agencies

 

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND