Abinyujije mu nyandiko yashyize ku mugaragaro kuri uyu wa 11 Werurwe abicishije ku rukuta
rwa Twitter, Minisitiri w'Uburezi yageneye abayobozi b'ibigo by’amashuli ubutumwa yakusangirije mu
ngingo 7.
Ubutumwa Minisitiri w’uburezi Dr.Valentine Uwamariya yageneye abayobozi b'ibigo by’amashuliIbaruwa yanditswe na Minisitiri w'uburezi