RFL
Kigali

Bugesera: Hagiye kugurishwa mu cyamunara ubutaka burimo inzu

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:6/03/2020 11:55
0


Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru No 020-003073 na No 020-003077 byo kugurisha ingwate byatanzwe kuwa 14/01/2020 kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki;



Hashingiwe ku mabwiriza y'Umwanditsi Mukuru No 03/2010/ORG yo kuwa 16/11/2010 agenga ibyerekeye gukodesha, kugurisha muri cyamunara ndetse no kwegukana ingwate;

Uwashinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko tariki ya 12/03/2020 saa munani z'amanywa, azagurisha muri cyamunara ubutaka burimo inzu bufite UPI 5/07/05/01/4899, naho saa cyenda z'amanywa uwo munsi akagurisha nanone muri cyamunara ubutaka burimo inzu bufite UPI 5/07/05/01/4898 byombi biri mu kagari ka Gakamba, Umurenge wa Mayange, Akarere ka Bugesera, mu Ntara y'Uburasirazuba.

Cyamunara izabera aho iyo mitungo uherereye. Uwakenera ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefone igendanwa No 0788550679 cyangwa 0788532330.

Bikorewe i Kigali none kuwa 05/03/2020

Ushinzwe kugurisha ingwate Me UMUGIRANEZA Jean Michel ni we washyize umukono kuri iri tangazo







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND