RFL
Kigali

Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya muri Guverinoma

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:27/02/2020 12:22
0


Ashingiye ku biteganywa n'ltegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, ejo ku itariki ya 26 Gashyantare 2020, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho abayobozi.



Abayobozi bashya bongewe muri guverinoma mu buryo bukurikira:

Dr Ngamije Daniel, Minisitiri w’Ubuzima

Dr Uwamariya Valentine, Minisitiri w’Uburezi

Dr Bayisenge Jeannette, Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango

Madamu Mpambara Ines, Minisitiri ushinzwe imirimo y’Inama y’Abaminisitiri,

Madamu Kayisire Marie Solange, Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi.

Lt Col Dr Mpunga Tharcisse, Umunyamabanga wa Leta  muri Minisiteri y'Ubuzima ushinzwe ubuvuzi bw'Ibanze,

Bwana Twagirayezu Gaspard, Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y'Uburezi ushinzwe amashuri abanza n'ayisumbuye.

Madamu IRERE Claudette, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Uburezi ushinzwe ikoranabuhanga, imyuga n'ubumenyingiro

Madamu Nyirahabimana Solina, Umunyamabanga wa Leta muri MINIJUST ushinzwe ibyerekeye itegeko nshinga n'andi mategeko.

Bwana Tushabe Richard, Umunyamabanga wa Leta muri Minisitiri y'Imari n'Igenamigambi ushinzwe imari ya Leta.

Abandi bayobozi

Bwana Rugira Amandin, Ambasaderi uhagarariye u Rwanda muri Zambia,

Bwana Dr Sebashongore Dieudonne, Ambasaderi uhagarariye u Rwanda mu Bubiligi

Bwana Rugemanshuro Regis, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo cy'Ubwiteganyirize mu Rwanda






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND