RFL
Kigali

Ntibisanzwe: Nyuma y’amezi 8 bakorana igikorwa cy’urukundo, umugabo yahisemo gukora ubukwe n’igipupe-AMAFOTO

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:24/01/2020 14:13
0


Abantu bamwe bajya bagorwa no gushaka abo bazabana ibihe byose bagahitamo abakunzi imitima yabo yishimiye. Yuri Tolochko umwe mu bakinnyi bakomeye muri Kazakhstan yafashe umwanzuro wo kujya mu isoko kugura igipupe bazajya bakorana imibonano mpuzabitsina.



Uyu mwanzuro Yuri yawuhisemo nyuma y’amezi umunani yose bakorana icyo gikorwa ari nabwo yaje gusaba icyo gipupe ko bakora ubukwe bakibanira iteka.


Yuri Tolochko umaze amezi umunani akundana na Margo (igipupe), yaje kugira igitekerezo cyo kumusaba ko bakora ubukwe ariko abimusaba abanje kumusohokana nk’abandi bantu bazima, nyuma y’igihe abimusabye ntiyamwemereye cyangwa se ngo amuhakanire kuko ari igipupe.


Nubwo Yuri avuga ko bigoye kubana na Margo kuko nta kintu abasha kwikorera adasabye ubufasha, yemeye kubana na we


Ni ibintu bitangaje kubona umuntu ahitamo kubana n’igipupe kandi abantu bahari

Abakobwa bambariye igipupu bari bishimwe nk'abatashye ubukwe nyabukwe

Src: New York Post






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND