Birashoboka ko hari ubwo wifuza guhindura ibara ry’umusatsi wawe ukoresheje teinture ariko ujye usobanukirwa neza ko abantu badafite imibiri iteye kimwe hari ishobora kwakira izo mpinduka ariko hari n’itabibasha nkuko byagendekeye uyu mugore
Estelle, w’imyaka 19 y’amavuko yumvise yagerageza
teinture nshya ayishyira mu musatsi we, uyu munyeshuri ukiri muto utuye muri
Vitry yabikoze nyuma yuko abonye ko hari undi wabikoze bikamuhira, akmara
kubikora, yatangiye kumva uburyaryate mu mutwe ariko ntiyabyitaho nyuma y’akanya
gato abona agahanga kabyimbye ajya kwa muganga bamuha utunini na pomade asigaho
ariko mugitondo yagiye kwireba asanga umutwe we wikubye kabiri
Ati:” nari mfite umutwe ukoze nka ampoule ariko naje
gusanga utagifite forme” nyuma yaje kumva umutima we udatera neza ndetse no
guhmeka bitangira kugorana ariko abaganga bagerageza kumufasha aroroherwa ahita
agira icyifuzo cyo kubitangariza bose ngo bamenye neza ububi bwa teinture mu
mutwe
Aha rero niba nawe uri mu bashyiraga teinture mu
mutwe ngo uhindure ibara ry’umusatsi wawe urarye uri menge kandi ube maso utazahura
n’ingaruka nk’iz’uyu mwana w’umukobwa
Src: Le parisien
TANGA IGITECYEREZO