Kugeza ubu nta cyuma kibaho gipima ubudahemuka bw’umuntu ngo mbere y’uko umukunda mubanze mwipimishe, ariko kandi n’iyo cyabaho byasaba ko muzajyayo kenshi mu buzima kuko umuntu arahinduka. Dore ibimenyetso byerekana ko umugabo wawe aguca inyuma.
TANGA IGITECYEREZO