RFL
Kigali

Mama Beni wamamaye muri filime City Maid yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we-AMAFOTO

Yanditswe na: Janvier Iyamuremye
Taliki:28/12/2018 11:45
2


Uwineza Ruburika Nicole inkingi ya mwamba muri filime y’uruhererekane City Maid yamaze gusezerana mu mategeko n’umukunzi we Eric Sebera bakundanye nyuma yo gushwana n’umukinnyi wa filime Kirenga Saphine bakanyujijeho.



Kuri uyu wa kane tariki 27 Ukuboza 2018 nibwo Mama Beni (City Maid) yahamije isezerano rye n’umukunzi we imbere y’amategeko ya Leta y’u Rwanda.

Mama Beni yakundanye na Eric Sebera asimbura Kirenga Saphine wari warambitswe impeta y’urukundo [Fiançailles] n’uyu musore ku itariki ya 25 Nzeli 2015 [Umunsi Kirenga yizihiza isabukuru y’amavuko].

AMAFOTO:

Akanyamuneza kuri Mama Beni na Eric Sebera basezeranye mu mategeko.







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Diana5 years ago
    Uyumugore nimuiza bassiiiiiiii. Cyakora abagabo barabuze kweli. Ejobundi tuzumva na diane mushiki wa nick bomuli city made yarongowe na sebulikoko pe
  • Mc.matatajado5 years ago
    wow congs brother a wish you all the best kbs uzagire urugo rwiza





Inyarwanda BACKGROUND