Bwa mbere muri Kigali hagaragaye ubukwe budasanzwe aho amashusho yafashwe na 'Drones' - AMAFOTO

- 24/09/2014 3:22 PM
Share:

Umwanditsi:

Bwa mbere muri Kigali hagaragaye ubukwe budasanzwe aho amashusho yafashwe na 'Drones' - AMAFOTO

Ubukwe ni ibirori, bukaba umunsi w’ibyishimo n’imyidagaduro uhambaye ku buzima bwa muntu, bukaba inzozi za benshi ndetse bukaba n’urwibutso ruhebuje, bikaba akarusho iyo bugenze neza kuko bubika ibihe byiza abakundana n’imiryango muri rusange baba baragiranye, kubiha agaciro no kubyitaho bikaba ari iby’ingenzi.

Inyarwanda.com nk’urubuga rwanyu rusanzwe rubagezaho amakuru y’ibirori n’imyidagaduro itandukanye, tukaba twaratangiye gahunda yo kujya tubagerera ahaba habereye ubukwe butandukanye mu gihe ba nyir’ubwite bemera gusangiza abanyarwanda ibi bihe byabo bidasanzwe mu mafoto n’amashusho agaragaza udushya n’ibintu bidasanzwe biba byaranze ubukwe bwabo, dore ko nta bukwe busa n’ubundi kandi nta n’ubutagira umwihariko. Muri ubu bukwe tuzajya tubagezaho nyuma y’uko abageni n’imiryango babitwemereye, abakunzi bacu muzajya mubasha kumenya uko ahandi byifashe, ibintu bishya n’ibigezweho mu mihango y’ubukwe, ikoranabuhanga n’iterambere mu bukwe n’ibindi byinshi.

Kuri iyi nshuro, inyarwanda.com yabakurikiraniye imihango y’ubukwe bwa Barame Amir Babou na Uwase Latifah bwabaye ku itariki ya 20 Nzeri 2014, gusaba no gukwa bikaba byarakorewe i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali, hanyuma ibirori bikomereza ku Kicukiro mu murenge wa Niboyi, ubu bukwe  bukaba bwaragaragayemo udushya dutandukanye.

Nyuma yo gusaba no gukwa, aha umusore yari mu nzira ajya gufata umugeni

Nyuma yo gusaba no gukwa, aha umusore yari mu nzira ajya gufata umugeni

umugeni

umugeni

umugeni

umugeni

Mu gihe umusore yari mu nzira ajya gufata umugeni, umugeni bari barimo kumutunganya (maquillage)

umugeni

abageni

abageni

Umusore yari amaze gufata umugeni we asohokanye n'abari babagaragiye

Umusore yari amaze gufata umugeni we asohokanye n'abari babagaragiye

Imodoka z'abageni zari zateguwe

Imodoka z'abageni zari zateguwe

abageni

Abageni bari bari mu modoka berekeje Kacyiru aho bafatiye amafoto y'urwibutso

Abageni bari bari mu modoka berekeje Kacyiru aho bafatiye amafoto y'urwibutso

imodoka

Izi nizo modoka zatwaye abageni n'ababambariye

Izi nizo modoka zatwaye abageni n'ababambariye

Abantu benshi bari barangajwe n'ubu bukwe

Abantu benshi bari barangajwe n'ubu bukwe

Abatashye ubu bukwe batangajwe cyane n’ikoranabuhanga mu gufata amashusho y’ubu bukwe yafatwaga hifashishijwe ibikoresho bizwi ku izina rya “Drones”, ibi bikaba ari ibyuma byifata amashusho biyafatiye mu kirere, ndetse imiterere yabyo ikaba ari nayo ituma bamwe bajya babyita ko ari indege zitagira abapilote.

abageni

abageni

Aha abageni bari bageze ahafatiwe amafoto y'urwibutso

Aha abageni bari bageze ku Kacyiru ahafatiwe amafoto y'urwibutso

Amashusho yafatwaga hifashishijwe ibyuma bigezweho

Amashusho yafatwaga hifashishijwe ibyuma bigezweho

Amashusho yafatirwaga mu kirere hifashishijwe

Amashusho yafatirwaga mu kirere hifashishijwe "Drones"

abageni

abageni

abageni

abageni

abageni

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

Abageni bagiye kwiyakira nyuma yo gufata amafoto y'urwibutso

Ahari hateguriwe kwakirirwa abageni

Ahari hateguriwe kwakirirwa abageni 

ubukwe

Ubu bukwe kandi bwarangaje abantu benshi cyane, abantu bakaba bari bahuruye bari ku mihanda n’ahandi babaga bitegeye imodoka z’abageni, mu birori byo kwiyakira hakaba haranakoreshejwe imiriro (Fireworks) yashimishije abantu cyane ikanatera ubwoba abatari babimenyereye.

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

Ubukwe bwaranzwe n'ibyishimo, hagaragayemo udushya twinshi dutandukanye

Ubukwe bwaranzwe n'ibyishimo, hagaragayemo udushya twinshi dutandukanye

makanyaga

Itorero rya Makanyaga Abdoul niryo ryasusurukije abageni n'abatashye ubukwe

Itorero rya Makanyaga Abdoul niryo ryasusurukije abageni n'abatashye ubukwe

Aba bakoze mwanya mu kwakira abashyitsi

Aba bakoze mu mwanya wo kwakira abashyitsi

Abageni bahawe impano zitandukanye

Abageni bahawe impano zitandukanye

ubukwe

ubukwe

Abageni bahise banabatwikururira hafi y'ahabereye ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

Abageni barabatwikuruye, bari bishimiye kwambikana impeta

Nyuma y’imihango y’ubu bukwe, tukaba twaganiriye na Barame Amir wanatangiye ukwezi kwe kwa buki n’umugore we Latifah Uwase, adutangariza ko ubu afite ibyishimo bihebuje nyuma yo kwibanira n’uwo yakunze, akaba kandi yarigiye byinshi muri ubu bukwe bwe aho yabashije kwibonera ko afite inshuti zimukunda kandi zimuzirikana, ari nabo bamufashije akagira ubukwe bwiza cyane, ubu akaba yumva aruhutse yiteguye kwibanira neza n’umufasha we Uwase Latifah.

ubukwe

ubukwe

ubukwe

ubukwe

Nyuma yo gutwikururwa, ubu Latifan na Amir ni umugore n'umugabo batangiye ukwezi kwabo kwa buki

Nyuma yo gutwikururwa, ubu Latifan na Amir ni umugore n'umugabo batangiye ukwezi kwabo kwa buki

Uramutse nawe ufite ibirori by'ubukwe kandi ukaba wemera gusangiza abanyarwanda ibyo bihe bidasanzwe, waduhamagara kuri 0788542538.

Manirakiza Théogène


Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...