Kigali

Mbosso yavuye mu bitaro

Yanditswe na: NKUSI Germain
Taliki:13/02/2025 7:49
0


Nyuma y'uko hakwirakwiriye amashusho y'umuhanzi Mbosso ari mubitaro, ubu hagaragaye andi agaragaza ko yatashye.



Umuhanzi Mbosso wo muri Tanzania wamenyekanye cyane mu muziki wa Bongo Flava, tariki 12 nibwo hakwirakwiye amashusho  ku mbuga zitandukanye amugaragaza ari mu bitaro ariko ntihagaragazwa impamvu.

Ku mugoroba wa tariki 12 Gashyantare 2025, nibwo Mbosso we ubwe yagaragaje andi mashusho amugaragaza yatashye bari kwishimira koroherwa nubwo hatigeze hatangazwa icyateye uburwayi yarafite. 

Mu gihe cy'uburwayi bwe Mbosso yasuwe cyane na bamwe mu bazwi cyane muri Tanzania harimo umuhanzikazi Queen Darleen, umwe mu bakunzwe cyane muri WCB.

Mbosso, umuhanzi ukonzwe na benshi cyane cyane muri Tanzania aho akomoka.


Amashusho agaragaza uko bishimiye ko yavuye mu Bitaro







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo


KOPA

Inyarwanda BACKGROUND