Icyakora, nk'uko amakuru abitangaza, iyo gahunda ntiyatewe n’imirwano cyangwa ikindi kibazo cyo muri gereza, ahubwo byari ikibazo cy’imvune ya kera yamubabazaga
Uyu muririmbyi w’icyamamare kuri ubu amaze umwaka afunze afungiye muri gereza izwiho gukomera ya Metropolitan Detention Center, aho ategereje kuburanishwa ku itariki ya 5 Gicurasi ku byaha by’ubusambanyi n’ibindi byaha bikomeye.


Aline Rangira Mwihoreze
