RFL
Kigali

Imyambarire y'ibyamamare byitabiriye ibirori bya 'VMA's 2024'-AMAFOTO

Yanditswe na: Nadia Kangabe
Taliki:12/09/2024 11:09
0


Mu dushya twaranze ibirori byitangwa ry'ibihembo bya 'MTV VMA's', harimo n'imyambarire idasanzwe y'ibyamamare byagaragayemo ubwo byanyuraga ku itapi itukura.



Ubusanzwe mu birori by'imyidagaduro yba umuziki, sinema, imideli n'ibindi niho ibyamamare bibonera umwanya wo kwerekana ko bizi kwambara neza cyangwa se ko ari abanyadushya mu myambarire.

Ibi ni byo byaranze abasitari bitabiriye ibirori by'ibihembo 'VMA's' bya televiziyo ya MTV, buri wese yahawe umwanya wo kunyura ku itapi itukura afotorwa anerekana imyambaro ye.

Umuhanzikazi Katy Perry ari mubagarutsweho cyane bitewe n'imyambaro ye itavugwaho rumwe, umuraperikazi Megan Thee Stallion n'umuhanzikazi Coco Jones bashyizwe mu kiciro cya bambaye neza.

Mu mafoto akurikira irebere uko ibyamamare byaserutse muri ibi birori ngaruka mwaka

Umuhanzikazi Taylor Swift

Umuhanzikazi Katy Perry

Katy Perry n'umugabo we Orlando Bloom

Umuraperikazi Megan Thee Stallion


Imyambarire y'umuhanzikazi Addison Rae yavugishije benshi

Umuhanzikazi Tinashe

Umuhanzikazi Ayra Starr wo muri Nigeria

Umukinnyi wa filime Haille Barry

Umuhanzikazi Anitta wo muri Brazil

Ni uko DJ Khaled yaserutse

Umuraperi Big Sean

Umuhanzikazi Coco Jones

Umuhanzikazi Tyla wo muri Afrika y'Epfo






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND