RFL
Kigali

Polisi y'u Rwanda yasubukuye ubukangurambaga bwa 'Gerayo Amahoro'

Yanditswe na: InyaRwanda
Taliki:20/08/2024 16:04
0


Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 19 Kanama, Polisi y'u Rwanda yasubukuye Ubukangurambaga bw’umutekano wo mu muhanda bwahawe izina rya ‘Gerayo Amahoro’, mu rwego rwo kurushaho gukumira no kurwanya Impanuka zo mu muhanda.



Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 19 Kanama, Polisi y'u Rwanda yasubukuye Ubukangurambaga bw’umutekano wo mu muhanda bwahawe izina rya ‘Gerayo Amahoro’, mu rwego rwo kurushaho gukumira no kurwanya Impanuka zo mu muhanda.

Muri ubu bukangurambaga bwabereye hirya no hino mu gihugu, hatanzwe ubutumwa bushishikariza abakoresha umuhanda kugira imyitwarire yimakaza umutekano wo mu muhanda, buri wese akawukoresha neza yirinda amakosa yateza impanuka kandi akitwararika cyane cyane mu gihe ageze ahari mirongo yera ishushanyije aho abanyamaguru bambukira izwi nka 'Zebra Crossing' kugira ngo hakumirwe impanuka zihabera.


Polisi yasubukuye Ubukangurambaga bw’umutekano wo mu muhanda bwahawe izina rya ‘Gerayo Amahoro'






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND