RFL
Kigali

StarTimes: Iwabo wa shampiyona y'u Rwanda ndetse na shampiyona zikomeye ku Isi

Yanditswe na: Aloys Niyonyungu
Taliki:14/08/2024 16:04
0


StarTimes yishimiye kubazanira Shampiyona zidasanzwe z'umupira w'amaguru waba uwo mu Rwanda ndetse no mu mahanga, aho iha abafana uburyo bwihariye bwo kureba zimwe muri shampiyona zishimishije ku Isi utasanga ahandi.



Kuva mu byishimo bisendereye umutima bya Rwanda Premier League kugeza ku mikino yuzuye ibihangange bya LaLiga, Shampiyona yo muri Arabiya Saudite, Bundesliga, ndetse Carabao Cup, twasubije ibyifuzo byawe by'umupira wamaguru.

Rwanda Premier League kuri Magic Sports gusa

Ku bakunzi b’umupira w'amaguru mu Rwanda, StarTimes ibaha uburyo bwihariye bwo kureba Rwanda Premier League kuri Magic Sports CH 265 & 251 (Dish). Kuva muri 2023;  StarTimes yasinyanye amasezerano n'ubuyobozi bwa Rwanda Premier League yo kuba umufatanyabikorwa wihariye uzajya werekana shampiyona y'icyiciro cya Mbere mu Rwanda.

StarTimes yiyemeje kukuzanira imikino yose kuva mu makipe akomeye y'umupira w'amaguru mu Rwanda. Ishimire imikino yose ishimishije mu mashusho akeye ya HD, Kogeza mu Inyarwanda ndetse wishimire amakipe ukunda mu gihe ahatanira igikombe cya shampiyona.



La Liga kuri StarTimes

La Liga ni iwabo w’amwe mu makipe y’umupira w’amaguru akomeye ndetse n'abakinnyi bakomeye ku Isi.

StarTimes yakwegereje imikino irimo abakinnyi bazwi cyane ku Isi nka Vinícius Júnior, Kylian Mbappe, Jude Bellingham, na Lamine Yamal. Ryoherwa n'umupira w'amaguru wa Espagne ureba  imikino yose mashusho akeye ya HD, buri gitego cyose n'ibihe bitangaje kuri Sports Premium na Sports Life.



Izindi shampiyona zikomeye ziri kuri World football 

Shaka umunezero w'umupira w'amaguru hamwe na shampiyona yo muri Arabiya Saudite, Bundesliga, na Carabao Cup zose ziboneka kuri shene ya World football. Ryoherwa n’imikino yuje ubuhanga muri Bundesliga, igaragaramo amakipe y'abanyabigwi nka FC Bayern Munich na Borussia Dortmund.  



Gana StarTimes!

Gana StarTimes uyu munsi ubundi wongere ibihe byiza ureba shampiyona z’umupira w'amaguru ukunda. Ku bihumbi 15,000Rwf gusa urahabwa dekoderi naho kubayifite ho ongera ifatabuguzi kuri 12,000Rwf kuri dekoderi y’udushami cyangwa 11,000Rwf kuri dekoderi y’igisahane kugirango wishimire aya marushanwa yose  adasanzwe.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND