Urubuga Clickrwanda rwaje ari igisubizo ku bantu batari bafite amikoro ndetse nta gishoro gihagije cyo kwihangira akazi.
Mu gihe ubushomeri
bukomeza kwiyongera, niko bamwe mu bareba kure bakomeza guhanga udushya kugira
ngo bahashye ikibazo cy’ubwo bushomeri bwakoreka ubukungu bw’Igihugu.
Ikigo Huza Group ltd
cyafunguye urubuga wa Clickrwanda, akaba ari urubuga nyarwanda rukorera kuri
interineti cyangwa se murandasi ruhuza abantu na serivisi nyinshi nziza
zitandukanye bitewe n’izo umuntu yifuza ndetse rugafasha umuntu kumenyekanisha
ubuhanga bwe bityo ukeneye umukozi akaba yamubona mu buryo bworoshye n’ukeneye
akazi akakabona.
Bimwe mu byo clickrwanda
ikora, harimo gufasha abantu kwamamaza ibikorwa byabo ndetse no kumenya amakuru
y’ibigezweho kw’isoko, guhuza abagura n’abagurisha, Ihuza abakozi n’abakoresha,
Ihuza abakodesha n’abakodeshwa.
Hejuru y’ibyo kandi,
Clickrwanda Itanga akazi ku bakoresha imbuga nkoranyambaga (Facebook,
Instagram, Twitter, Tiktok, Youtube na WhatsApp. Aho ushobora kwiyandikisha
kuri Clickrwanda nk’umu agent cg umu-influencer ukajya wamamaza ibikorwa bya
clickrwanda cyangwa iby’abafatanyabikorwa bayo hanyuma ukinjiza.
UKO WAKORANA NA
CLICKRWANDA
1. Fata telefone
yawe/computer yawe wandikemo www.clickrwanda.com
2. Niba ushaka
kugura/gukodesha…, ujya kuri clickrwanda, ukareba mu byiciro bihari birenga 28,
ugahitamo icyo ushaka kugura, ugahita uhamagara umucuruzi mukavugana (Ibiciro,
uko igicuruzwa kikugeraho, etc...)
3. Niba ushaka umukozi wo
kugukorera, jya ahanditse jobseekers (abasabye akazi) hanyuma urebe umukozi
wifuza, umuhamagare muvugane.
4. Niba ushaka ko
ubucuruzi bwawe bumenyekana mu rwanda no ku isi hose, jya k’urubuga
wiyandikishe hanyuma ufungure iduka ryawe ujye ushyiramo ibicuruzwa byawe
5. Niba uzi kwamamaza,
Jya k’urubuga wiyandikishe nk’umu agent, hanyuma ujye uhabwa ibyo ubamamariza,
bakwishyure. (aha ushobora gukorera arenga 200,000Rwf ku kwezi)
IBYIZA BYO GUKORANA NA
CLICKRWANDA
1. Abakiliya bawe
bariyongera, aho bashobora kwikuba inshuro 15
2. Ni ubuntu gushyira
amatangazo k’urubuga
3. Dukorana n’aba agents
ndetse n’aba influencers barenga 1000 bahita bageza itangazo ryawe k’umubare
w’abakiliya wifuza bose
4. Umuguzi ahita avugana
n’umucuruzi ntaba komisiyoneri hagati
5. Iyo uri umu agent wa
Clickrwanda, Ushobora gukorera amafaranga arenga 200.000Rwf ku kwezi.
NIBA USHAKA GUKORANA NA
CLICKRWANDA,
• Sura Urubuga: www.clickrwanda.com, urebe amakuru yose ya
Company
• wahamagara cyangwa ukabandikira kuri Whatsapp: 0727 559
173/0787 260 494
• Email: clickrwandaltd@gmail.com
• Aho dukorera: Kimirongo, Promise House, Kigali, Rwanda
TANGA IGITECYEREZO