RFL
Kigali

StarTimes yadabagije abakiriya bayo muri iyi mpeshyi

Yanditswe na: Aloys Niyonyungu
Taliki:22/07/2024 16:20
0


Muri iki gihe abanyeshuri bari mu biruhuko, StarTimes ibafitiye porogarame zijyanye n’imyidagaduro yabo. Kuva kuri animasiyo na 'cartoons' zishimishije kugeza ku masomo y’ubumenyi bw’Isi, abana bunguka byinshi kandi ababyeyi bakaba bizeye ko bari mu maboko meza.




Ibyo abana bareba kuri StarTimes muri ibi biruhuko:

-Happy Friends kuri ST Kids Plus CH 352 & 311 (DTH).

-Danny and Mick kuva ku wa mbere kugeza ku wa Gatanu saa 18h30 kuri ST Toons CH 351 & 310 (DTH).

-Oggy et le cafards buri munsi 17:15 kuri Boomerang CH 362 & 697 (DTH).

Ku bakunda filime, Ganza TV kuri StarTimes niho hantu ho kuba. Muri Nyakanga, SatrTimes bazanye filime zitegerejwe cyane kuva mu zindi ndimi kugera mu Kinyarwanda.  

Kurikirana izi nkuru zikomeye aho abakinnyi b'ibyamamare ba filime bo muri Filipine bahurira muri filme imwe. Izi filme ziganjemo imirwano, urukundo, ubushuti n'ubugambanyi mu isura nshya.

Filime nshya udakwiye gucikwa muri iyi mpeshyi

Iron Heart + Brothers poster

Iron Heart: Kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Gatanu saa 20:45

Guhera 16/07 saa 20h45, Ishimire Iron Heart, filime nshya iri guca kuri Ganza TV mu Kinyarwanda.


-Brothers: Kuva tariki 24/07, inkuru ishingiye ku mirwano, urukundo, ubushuti n'ubugambanyi iratangira kunyura kuri Ganza TV. Ni ukuva ku wa mbere kugera ku wa Gatanu Saa 19:15.


Ishimire byinshi kuri make: Poromosiyo y'impeshyi muri StarTimes 


Muri iyi mpeshyi, StarTimes yakuzaniye poromosiyo idasanzwe ituma ibiruhuko byawe biba byiza! Ongera ifatabuguzi ryawe ubundi uhite uhabwa iryisumbuyeho. Kandi ntabwo ari ibyo gusa ku bafatabuguzi ba Unique cyangwa Super bahabwa iminsi 5 y'ubuntu!.

Ishimire ibiganiro bya siporo, filime zirangira, iz'uruhererekane ndetse n'imyidagaduro y'abana kuri shene nyinshi zabo.

Injira mu muryango wa StarTimes uyu munsi uryoherwe n’ibyiza byayo!







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND