RFL
Kigali

Ikipe ya Police FC yakoze imyitozo irimo abakinnyi hafi ya bose - VIDEO

Yanditswe na: ISHIMWE Olivier Ba
Taliki:17/07/2024 16:31
1


Ikipe ya Police FC yakoze imyitozo irimo abakinnyi bagera kuri 23 muri 26 iyi kipe izakoresha mu mwaka utaha w'imikino.



Ni imyitozo yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Nyakanga 2024 kuri Kigali Pele Stadium, ikaba yagaragayemo abakinnyi bashya barimo Ashraf Mandela Mugume, Richard Kirongozi, Musanga Henry, Ishimwe Christian, Iradukunda Simeon, David Chimezie Yakubu Issah n'abandi.

Mashami Vincent utoza ikipe ya Police FC, yemeza ko imyitozo bamaze igihe imaze kubafasha cyane. Ubu dufite isura nziza uhereye ku mbaraga ndetse n'igihaha. Twatangiye ubona abakinnyi babura byinshi ariko kuri ubu bamaze kumenyera, navuga ko ku kigero cya 95% ikipe iri mu mwuka mwiza.

Kanda hano urebe imyitozo yose ndetsen'ibiganiro cya Mashami Vincent


Kirongozi amerewe neza muri Police FC 

Peter na Akuki bakoze imyitozo itarimo gukora ku mupira 

Mashami Vincent afite icyizere ko uyu mwaka bizagenda neza






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • MALADONA 2 months ago
    Muduha inkuru nziza pe





Inyarwanda BACKGROUND