RFL
Kigali

Kiyovu Sports yabonye umuyobozi mushya

Yanditswe na: ISHIMWE Olivier Ba
Taliki:26/05/2024 18:33
0


Nkurunziza David yatorewe kuyobora ikipe ya Kiyovu Sports mu gihe cy’imyaka ine iri imbere.



Kuri iki cyumweru tariki 26 Gicurasi, nibwo ikipe ya Kiyovu Sports yakoze inteko rusange yatorewemo ubuyobozi bushya. Ni inteko rusange yatinze gutangira ukurikije igihe cyari giteganyijwe kuko yatangiye ku isaha ya saa 16:00 pm mu gihe yari gutangira saa 14:00 pm. 

Inteko rusange igitangira ubuyobozi bwose bwari bufite iyi kipe, byasabwe kwegura kugira ngo hatorwe abandi. 

Ubwo amatora yabaga, Nkurunziza David usa nkaho ari mushya mu matwi y’abakunzi ba Kiyovu Sports, niwe watorewe kuyobora ikipe ya Kiyovu Sports akaba yungirijwe n’uwo bita Karangwa.

Inkuru idambuye ni mukanya..

Kiyovu Sports yabonye umuyobozi mushya witwa Nkurunziza David uvuye muri Canada





TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND