RFL
Kigali

Kwibuka30: Hakozwe urugendo rwo Kwibuka rwerekeje ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro-AMAFOTO

Yanditswe na: Niyigena Geovanie
Taliki:12/04/2024 10:13
0


Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, Abanyarwanda, inshuti z’u Rwanda ndetse n’abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda, bakoze urugendo rwo #Kwibuka30 rwavuye kuri IPRC Kicukiro rwerekeza ku rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro.



Ku wa Kane, tariki ya 11 Mata 2024, ibihumbi by'Abanyarwanda bitabiriye urugendo rwo #Kwibuka30 kuva IPRC-Kigali kugera ku rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza mu karere ka Kicukiro mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Ni urugendo ruba buri mwaka aho Abanyarwanda bibuka umubare munini w’Abatutsi biciwe muri Eto Kicukiro muri Jenoside yakorewe Abatutsi, aho bari bahahungiye bakurikiye ingabo z’Umuryango w’Abibumbye z’amahoro ariko zikabatererana.

Ibihumbi by'Abanyarwanda bitabiriye urugendo rwo #Kwibuka30



Hacanywe Urumuri rw'Ikizere

Abanyarwanda basobanuriwe amateka mabi yaranze u Rwanda


Amazina ya bamwe mu bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Abanyarwanda ibihumbi n'inshuti z'u Rwanda bitabiriye urugendo rwo #Kwibuka30






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND