Umwe mu baturage wari muri gare ya Musanze , yabwiye InyaRwanda.com ko inyubako y'iri muri Gare ndetse bakaba bakeka ko iyo nkongi yaturutse kuri gaz batekeshaga mu inyubako iri mu igorofa ryo hejuru .
Yavuze ko Polisi y'Igihugu ishami rishinzwe kurwanya inkongi ryazimije uwo muriro utaragera mu bindi bice bya Gare.
Ubwo twakoraga iyi nkuru hari hataramenyekana ibyangijwe n'iyi nkongi.
