RFL
Kigali

Itangazo rya cyamunara y'umutungo utimukanwa

Yanditswe na: ISHIMWE Walter
Taliki:9/10/2023 13:40
0


Kugira ngo harangizwe 01006 /2023/RCV/ORG hashyirwa mu bikorwa icyemezo cy'Umwanditsi Mukuru ORG: 023-137225 cyo kuwa 22/09/2023 hagamijwe kugurisha ingwate mu cyamunara kugira ngo hishyurwe umwenda wa Banki;



Uwashinzwe kugurisha ingwate aramenyesha abantu bose ko azagurisha mu cyamunara umutungo utimukanwa binyuze mu buryo bw'ikoranabuhanga ikibanza kinini gifite UPI: 1/02/14/06/2459, giherereye mu Mujyi wa Kigali, Akarere ka Gasabo, Umurenge wa Rusororo, Akagari ka Mbandazi, Umudugudu wa Mugeyo;

-Ubuso bw'ikibanza ni 24.313 SQM

-Agaciro kari ku isoko kangana na 389.008.000 Frw

-Ingwate y'ipiganwa ingana na 19.450.400 Frw ahanye na 5% y'agaciro k'uwo mutungo yishyurwa kuri konti No-00040-06965754-29 ifunguye muri Banki ya Kigali yanditse kuri MINIJUST-AUCTION FUNDS ya Minisiteri y'Ubutabera.


Uwatanze cyamurana agomba kwishyura amafaranga yose akuyemo ayo yishyuye ku ngwate y'ipiganwa kuri konti No-01722300007 / Frw ifunguye muri Bank of Africa - Rwanda Plc mu mazina ya Isabwe Alain Thierry Robert;

Abifuza gusura uwo mutungo ni uguhera tariki ya 23/10/2023 saa Sita z'amanywa (12h00) mu masaha asanzwe y'akazi. 

-Abifuza ibindi bisobanuro babariza kuri nimero za telefone igendanwa: 0788357015

-Ifoto n'igenagaciro byawo biboneka hakoreshejwe uburyo bw'ikoranabuhanga mu kurangiza inyandiko mpesha www.cyamunara.gov.rw ari narwo rubuga rukoreshwa mu gupiganwa.

Bikorewe i Kigali kuwa 09/10/2023

Ushinzwe kugurisha ingwate 

Me Alain Thierry Robert Isabwe







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND