RFL
Kigali

Bujumbura: The Ben na Pamella bageze muri 'Meet and Greet' agatoki kari ku kandi - AMAFOTO

Yanditswe na: Peacemaker Pundit
Taliki:1/10/2023 1:39
0


Mu musangiro 'Meet and Greet' wabereye ku kiyaga cya Tanganyika abafite amafaranga bishyuye baza kwinezeza bari kumwe n'abahanzi barimo The Ben, Sat-B, Big Fizzo, Lino G na Babo.



Ni umusangiro witabiriwe cyane ku buryo ameza yari agenewe abishyura miliyoni 10Fbu na miliyoni 2Fbu barutaga abishyuye ibihumbi 100Fbu.

The Ben na Pamella bageze kuri Eden Garden saa sita na 16 z'ijoro. The Ben yaje ari kumwe n'umugore we Uwicyeza Pamella agatoki kari ku kandi.

Nyuma y'uyu musangiro, The Ben ategerejwe mu gitaramo gikomeye kiba kuri iki cyumweru tariki 01 Ukwakira 2023.










TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND