RFL
Kigali

Neza Gardern Bar irafungura ifite umwihariko wo kwidagadura, akabyiniro, ibyicundo n'ibyumba byo kuruhukiramo

Yanditswe na: Peacemaker Pundit
Taliki:14/09/2023 22:46
2


Neza Garden Bar iherereye i Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge ahazwi nko mu miduha kuri Sofia ziri mu masangano y'imihanda iva cyangwa se ijya ku Irebero bitewe n'aho uturuka.



Kuri Neza Garden hari amahema yakira ubukwe, hakaba parikingi y'imodoka zirenga 100, ibyuma byo kuraramo,biyari, ibyicundo by'abana, n'ibindi bikenerwa mu kabari keza.

Neza Garden Bar yakira abakora ubukwe dore ko ifite amahema meza agezweho. Ni akabari gafite umwihariko w'ibyumba bihendutse, parikingi yajyamo ibinyabiziga100. 

Ikindi kandi gafite serivisi nziza. Igikoni cyabo kihariye amafi meza, inkoko, inkwavu, igiti utasanga ahandi n'ibindi. Kuri uyu wa Gatanu hazaba hari uvanga imiziki, ababyinnyi mu kabyiniro, ababyeyi bazazana abana bazabarekera mu byicundo.

REABA UKO HAMEZE


NEZA GARDERN BAR ije ari igisubizo ku bafite ibirori


Kuri uyu wa Gatanu harafungurwa ku mugaragaro


Abazi gukina biyari bashyizwe igorora


Neza Garden Bar ije ica impaka




Hari parikingi yajyamo imodoka zirenga 100


Hari amahema aberamo ubukwe


Imbere mu ihema



Hari ibyumba byo kurarama



Bafite ubwiherero bugezweho


Igikoni cyabo gifite umwihariko ku buryo azagaruka.


Igikoni gifite inkoko, ifi, inkwavu n'ibindi


Abana bashyizwe igorora


Haragutse kandi ni heza habereye ijisho


Abakiriya barasabwa kuhagera bakareba ibidasanzwe bizahabera birimo akabyiniro, ikimansuro

Ukeneye gutumiza ibyo kurya wahamagara 0788229483


AMAFOTO: Freddy Rwigema- InyaRwanda 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Emmanuel 11 months ago
    Ewana ni heza kbx murakoze kuhaturangira. Brouchette yaho nayihariye numva ni waneeee
  • Mugoze neza mwampamo akazi kubu waiter mwaba mugize neza cyn11 months ago
    mwiriwe neza!mungiriye neza mwampamo akazi kubu waiter mwaba mukoze cyane





Inyarwanda BACKGROUND