RFL
Kigali

MU MAFOTO: Injira mu murenge Miss Elsa na Prince Kid basezeraniyemo

Yanditswe na: Umukundwa Josue
Taliki:2/03/2023 21:40
0


Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 02 Werurwe 2023, nibwo Miss Elsa na Prince Kid basezeranye mu mategeko kubana nk’umugore n’umugabo.



Ni umuhango wabaye mu ibanga rikomeye kuko ba nyirubwite yaba Elsa cyangwa Prince Kid, ntibigeze bifuza ko hari n’uwafata amafoto cyangwa amashusho ngo ayasangize.

N’ubwo batabyifuje gusa ntihigeze habura abayasakaza, kuko ku mbuga nkoranyambaga ho hari hatigise hacicikana amafoto y’aba bombi, nabwo bari gusinya gusa.

Bombi basezeraniye mu Murenge wa Rusororo, ku manywa yo kuri uyu wa Kane tariki 2 Werurwe 2023.

Aya ni amwe mu mafoto yaranze umuhango wabo mu gihe cyo gusezerana mu matego, uko byari bimeze.


Ubwo Prince Kid yahamyaga isezerano rye afashe ku ibendera


Ubwo Miss Elsa yemeraga indahiro ye yo kubana na Prince Kid 


Bafashe icyemezo cy’uko bashyingiranywe 


Nyuma yo guhamya isezerano ryabo bafashe agafoto k’urwibutso






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND