RFL
Kigali

Imbuga nkoranyambaga zatigise nyuma y’uko umukobwa yambaye ‘ikibuno’ mu gusezerana kikamutamaza-AMAFOTO

Yanditswe na: Umukundwa Josue
Taliki:28/11/2022 13:26
2


Nta gushidikanya ko muri izi mpera z’icyumweru gishize umuntu wese ukoresha interineti uba ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, yaba atarahura n’iyi foto y'umukobwa n'umuhungu bari bavuye gusezerana.



Abantu benshi barajwe inshinga no kubona isura y’umukobwa wari uvuye gusezerana n’umusore bakundana, ariko yambaye ikibuno cy’igikorano kikamutamaza mu ifoto.

Ni ifoto yafashwe igaragaza umusore n’umukobwa, umusore yambaye ikoti ryiza, naho umukobwa yambaye ikanzu nziza ndetse afashe n’indabo mu ntoki.

Iyi foto itabashije kwihanganirwa abantu benshi bakomeje kuyihererekanya, berekana uburyo ikibuno cy’igikorano cyavangiye umukobwa kikajya ku ruhande.


Abantu benshi batangajwe n'iyi foto

Gusa n’ubwo byari bimeze gutyo, hari n’abavugaga ko wenda umugabo we yaba ariwe wakimuguriye cyane ko n’ubwo bifotozanyije byagaragaraga cyane.

Nta makuru menshi azwi kuri uyu muryango gusa abantu benshi bavuze ko bari bavuye gusezerana mu murenge, nyuma yo gufata iyi foto akaba aribwo iki kibuno cy’igikorano cyagaragaye.


Uyu we ifoto igaragaza amasura yari amaze kuyibona, nyuma y'igihe ishakishwa

 









TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Vava1 year ago
    Bibaho bb gx nabandibabonereho
  • Anje1 year ago
    Nakund ibihangane pee ark umukobwa asebeje umusere numuryango kambisa???? Sorry





Inyarwanda BACKGROUND