RFL
Kigali

Kiyovu Sports yatandukanye n'umurusiya

Yanditswe na: ISHIMWE Olivier Ba
Taliki:18/11/2022 18:21
1


Rutahizamu ukomoka mu Burusiya, Vlasilav Klomishin yandukanye na Kiyovu Sports nyuma y'amezi 3 ayigezemo.



Kuri uyu wa Gatanu nibwo Kiyovu Sports yatangaje ko yatandukanye n'umukinnyi wayo ukomoka mu Burusiya, wari wageze muri iyi kipe mu ntangiriro za shampiyona.

Kiyovu Sports yatangaje ko Vlasilav Klomishin yari mu igerageza, ariko ritagenze neza kuko batashimye umusaruro we. Ntabwo ari uyu mukinnyi gusa kuko na Bassirou Ndiaye ukomoka muri Senegal nawe yamaze gutandukana n'iyi kipe, aho Kiyovu Sports ivuga ko yabonye ikipe nshya yagiye gukoramo igerageza.


Vlasilav ubwo yari ahanganye na ba myugariro ba Etincelles FC


Ndiaye nawe ntabwo azakomezanya n'ikipe ya Kiyovu Sports





TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Twagirumuhoza Genade 1 year ago
    Mufushe rwose muge muduha analysis kuri world cup igiye kuza zirimo uduhigo twesejwe, amateka, mbese mutugerereyo indani. Ahandi ni sawa kbs.





Inyarwanda BACKGROUND