RFL
Kigali

Dore ibyiza byo guseka ku buzima bwawe

Yanditswe na: Kwizera jean de Dieu
Taliki:17/08/2022 13:38
0


Guseka bigira akamaro kenshi ku buzima bw’umuntu, niba utari uzi neza akamaro ko guseka uyu niwo mwanya wawe.



Guseka bizanira inyungu nyinshi umubiri w’umuntu. Iyo woroshe inseko yawe ku mubiri wawe, iteka umubiri wawe uba uwongera ubudahangarwa bigatuma ugira ubuzima bwiza.

1.Bigabanya umunaniro

Umunaniro ndetse no gucika intege byose bigabanywa no guseka.yo umuntu akunda guseka, ahorana akanyamuneza bikaba byatuma umunaniro we ugenda neza. Kuba umuntu atameze neza ni byo bitera guhangayika bya hato na hato. Iyo umuntu akunda guseka bigabanya ingano y’umunaniro yari afite.

2.Bikomeza umubano (Urukundo).

Guseka burya bica munzira nyinshi.Guseka bifasha abakundana kuba bakomeza kugira urukundo rwabo kandi bakarukomeza kuko iyo basekeranye, umunabi ndetse n’uburakari bari bafitanye byose bigenda. Ubushakashatsi bwagaragaje ko abakundana bakunda gusekerana cyane no kwerakana amarangamutima yabo cyane bagera kure ndetse bakagera kubintu byinshi buri munsi.

3. Bigabanya uburibwe.

Iyo umuntu asetse, umubiri w’umuntu asohora ibintu byose bitera uburibwe umuntu (Endorphins).

Inkomoko: Verywellmind






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND