RFL
Kigali

Ishyirahamwe ry'umukino w'amagare ryatanze amabwiriza agenga abashaka gutegura amarushanwa aho ava akagera

Yanditswe na: ISHIMWE Olivier Ba
Taliki:20/07/2022 17:57
0


Ishyirahamwe ry'umukino w'amagare mu Rwanda FERWACY ryamaze gushyira hanze amabwira agomba gukurikizwa n'abantu bose bashaka gutegura amarushanwa.



Mu ibaruwa yanditswe na  Perezida wa FERWACY Murenzi Abdallah yagize ati" yagize  Ndabamenyesha ko abategura amarushanwa y'ubwoko bwose mu mukino w'amagare ndetse n'ibindi bikorwa mu mukino w'amagare, bagomba gusaba uburenganzira mu ishyirahamwe ry'umukino w'amagare mu Rwanda FERWACY."

Ibi Murenzi Abdallah akaba yabitangaje agendeye ku itegeko nimero 32/2017 ryo kuwa 3/8/2017 rigena imitunganyirize ya siporo, imikino n'imyidagaduro, ku ngingo ya 7 igenda inshingano z'ingenzi z'urugaga rwa siporo n'urw'imikino.







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND