RFL
Kigali

ITANGAZO RY’ISHAMI RYA POLISI RISHINZWE GUTANGA IMPUSHYA ZO GUTWARA IBINYABIZIGA

Yanditswe na: Abitije Seraphin Elise
Taliki:1/01/2022 14:53
1


ITANGAZO RY’ISHAMI RYA POLISI RISHINZWE GUTANGA IMPUSHYA ZO GUTWARA IBINYABIZIGA



Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ibizamini no gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga, riramenyesha abantu biyandikishije kuzakorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga mu Ntara y’Amajyepfo, Iburengerazuba, Amajyaruguru n’Iburasirazuba mu kwezi k’Ukwakira, Ugushyingo n’Ukuboza 2021 icyiciro cya gatatu, ko guhera tariki ya 10-20 Mutarama 2022 rizakoresha ibizamini mu turere tugize izi Ntara. Urutonde rw’abazakora rugaragara ku rubuga rwa polisi y’u Rwanda www.police.gov.rw . Abatibona kuri uru rutonde kandi barahawe kode zo m’Ukwakira, Ugushyingo, Ukuboza 2021 bazategereza urundi ruzatangwa.


Itangazo rya Polisi y'Igihugu ishami rishinzwe gutanga impushya zo gutwara Ibinyabiziga






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Hakolimana Justin1 year ago
    Mwampaye code23/06/2024





Inyarwanda BACKGROUND