Meddy, The Ben na Kitoko mu byamamare byifurije isabukuru K8 kavuyo

Imyidagaduro - 23/12/2021 6:20 PM
Share:

Umwanditsi:

Meddy, The Ben na Kitoko mu byamamare byifurije isabukuru K8 kavuyo

K8 kavuyo uri mu baraperi bubatse amateka mu Rwanda usigaye aba muri Amerika, yagize isabukuru ayifurizwa n'ibyamamare birimo Meddy, The Ben, Kitoko n'abandi.

Uyu muhanzi yagaragaje ko yishimiye abamwifurije isabukuru, maze abisangiza abamukurikira yifashishije ubutumwa bumara amasa 24 kuri instagram.

Uyu muhanzi ureutse mu Rwanda, mu bamwifurije kugira isabukuru nziza y'amavuko harimo abahanzi bagenzi be Meddy, The Ben, Kitoko n'abandi bafite aho bahuriye n'imyidagaduro nka  Cedric  utunganya amashusho y'indirimbo nawe usanzwe utuye muri Amerika, dj Marnaud, n'abandi benshi. 

Bahati Grace babyaranye umwana w'umuhungu mu 2012 uherutse ku rushinga, ari mu Rwanda.


The Ben yamwifurije kugira isabukuru nziza 


Meddy nawe ni uko 


Kitoko n'abandi benshi nabo bamwifurije isabukuru nziza 



Ibitekerezo (0)

    Inkuru nyamukuru

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...

    Inkuru bijyanye

    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...
    Loading...