Uyu muhanzi yagaragaje ko yishimiye abamwifurije isabukuru, maze abisangiza abamukurikira yifashishije ubutumwa bumara amasa 24 kuri instagram.
Uyu muhanzi ureutse mu Rwanda, mu bamwifurije kugira isabukuru nziza y'amavuko harimo abahanzi bagenzi be Meddy, The Ben, Kitoko n'abandi bafite aho bahuriye n'imyidagaduro nka Cedric utunganya amashusho y'indirimbo nawe usanzwe utuye muri Amerika, dj Marnaud, n'abandi benshi.
Bahati Grace babyaranye umwana w'umuhungu mu 2012 uherutse ku rushinga, ari mu Rwanda.
The Ben yamwifurije kugira isabukuru nziza
Meddy nawe ni uko
Kitoko n'abandi benshi nabo bamwifurije isabukuru nziza
