RFL
Kigali

Umuyobozi wa Siporo muri Minisiteri ya Siporo yeguye ku mirimo ye

Yanditswe na: SAFARI Garcon
Taliki:8/12/2021 16:09
0


Rurangayire Guy Didier wari umuyobozi wa siporo w’agateganyo muri Minisiteri ya Siporo ‘MINISPORTS’, yamaze gusezera ku mirimo yari ashinzwe ku mpamvu ze bwite.



Rurangayire Guy usanzwe ari Umuyobozi wa Siporo w’agateganyo akaba n’umuyobozi ushinzwe amakipe y’igihugu muri MINISPORTS yamaze kwandika ibaruwa asezera ku kazi ke, aho kugeza ubu hataramenyekana impamvu yatumye asezera.

Nta makuru yigeze atanga ku isezera rye, kuko yavuze ko asezeye ku mpamvu ze bwite.

Guy Rurangayire yasezeye ku mirimo ye muri MINISPORTS





TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND