RFL
Kigali

SPORTS ROOM: Ibanga APR FC yakoresheje mu mikino 40 idatsindwa muri shampiyona, Man.Utd mu isura nshya nyuma yo kwirukana Ole-VIDEO

Yanditswe na: SAFARI Garcon
Taliki:24/11/2021 20:31
0


Nyuma y’amasaha atageze kuri 72 Manchester United yirukanye uwari umutoza wayo Ole Gunnar, ikipe yagaragaye mu isura nshya ku kibuga cya Villarreal, ihabonera itike ya 1/8 cya Champions League itsinze ibitego 2-0, mu gihe APR FC yaciye agahigo ko kuzuza imikino 40 muri shampiyona y’u Rwanda nyuma yo gutsinda mukeba ibitego 2-1.



Ni irihe banga APR FC yakoresheje mu mikino 40 idatsindwa muri shampiyona y’u Rwanda? Kuki Rayon Sports yabaye insina ngufi imbere ya APR FC by’igihe kirekire?

Ni iki cyahindutse muri Manchester United nyuma y’igenda rya Ole kugira ngo ibone umusaruro mwiza itigeze ibona itozwa na Ole?

Ese Pochettino yaba igisubizo cyiza kuri Manchester United yifuza gusubira ku ruhando rw’amakipe akomeye i Burayi?

Ibi bibazo byose kimwe n'ibindi binyuranye nawe ushobora kuba wibaza mu makuru ya siporo agezweho, ibisubizo byabyo urabisanga mu kiganiro Sports Room cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 24/11/2021 cyayobowe n'umunyamakuru Safari Garçon ari kumwe na Yvonne Mukundwa.

KANDAHANO UKURIKIRE IKIGANIRO CYOSE KIRIMO AMAKURU ASESENGUYE

">

VIDEO: IRADUKUNDA Jean de Dieu - InyaRwanda Tv






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND