RFL
Kigali

Ni amahano! Umugore yatangaje impamvu yemereye umugabo we kuryamana na nyina na murumuna we

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:5/10/2021 13:39
0


Hari bimwe biba byumvikana hirya no hino bikaba bigoranye kubyumva, kumva umugabo aryamana na Nyirabukwe akongera akaryamana na muramu we (murumuna w’umugore we) bifatwa nk'amagano, ariko umugore Madi Berooks avuga ko atewe ishena no kuba umugabo we rimwe na rimwe ajya kurarana na nyina (Nyirabukwe) cyangwa akajya kwa murumuna we (w’umugore w



Umugore yatangaje ko asangiye umugabo we na Nyina hamwe na murumuna we. Madi Brooks ukomoka muri Amerika, yatangaje  ibi ku mbuga nkoranyambaga akoresheje urukuta rwe rwa  TikTok aho afite abayoboke barenga 92700. Uyu mugore afite umugabo ariko bumvikanye ko igihe umugore atazajya aba ashaka gukora imibonano mpuzabitsina, umugabo azajya ajya kuyikora na nyina w'umugore we  cyangwa murumuna w’umugore we; umwe mubazajya baboneka kugira ngo umugabo yishimishe.


Madi, avuga ko nta pfunwe bimuteye kuba umugabo we yajya kurarana na Nyina (Nyirabukwe) kuko barabisezeranye mu gihe uyu mugore azajya yumva adafite ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina. Madi Brooks  yagize ati “Uzi impamvu? Igihe cyose ntameze neza, nshobora kureka umugabo wanjye akaryamana na Mama. Nemereye umugabo wanjye kuryamana na  mama  inshuro ebyiri mu cyumweru, iyo mama nawe atameze neza ubwo umugabo ahita ajya kureba murumuna wanjye bakaryamana ntakibazo”.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND